Urwego
rw’Igihugu rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Ghana (GIS) rwranze guha akazi y’akazi
abantu bitukuje uruhu n’abafite amaribori ruvuga ko mu myitozo ikomeye
ruzabakoresha bashobora kuva amaraso.
Ibi
byarebaga cyane abantu bishushanyije ku ruhu (tatouage ) , abagendera imitego,
abitukuje n’abafite imisatsi yo mu bwoko bw’amaderedi ( dreadlocks ).
Umuvugizi
wa GIS, Spt Michael Amoako-Attah, yavuze ko muri ako kazi bakora imyitozo
ikomeye ku buryo abateye batyo bishobora kubagiraho ingaruka ikomeye.
Yagize ati “Akazi dukora gasaba imbaraga
nyinshi n’imyitozo ikomeye ku buryo ufite uruhu ruriho amaribori cyangwa
yaritukuje muri iyo myitozo ashobora kuva amaraso.”
Mbere yo kwemererwa ako kazi, abakandida
babanza gukorerwa isuzuma n’abaganga ku mubiri wose.
Ibi
byateje ikibazogikomeye mu baturage kuko umuntu wee wemererwga gusaba akazi
yatangaga amadorali 11, ariko ubu
abemerewe bakaba ari 500 gusa aho abasaga 83500 bose bangiwe kubera zimwe muri
izi moamvu zavuzwe haruguru
Abadepite
ntibabyumvise kimwe kuko hari
abashyigikiye icyo cyemezo hamwe n’abakirwnije. Umwe muri bo witwa Richard
Quashigah agira inama aba baturage kwishyira hamwe, bakarege byibura bagasubizw
amafaranga batanze basaba akazi. Hari n’abishimiye ibi bymezo bavuga ko
kwitukuza ari ukwikuraho ubwiza karemano Imana yaguhaye.
Source : BBC
No comments:
Post a Comment