Imibare igaragaza ko abana bakoze ikizamini cya leta umwaka w’amashuri 2017 bafunze n’abagororwaga, muri
gereza ya Nyagatare bagitsinze ku rwego rushimishije cyane, ku buryo, binagaragara ko baba baratsinze kurusha
abakoze bataha iwabo .
Nkuko bigaragazwa mu bana 16 barangije amashuri abanza
, umunani muri bo baje mucyiciro cya
mbere ( division 1 ) , barindwi ( 7)
baza mu cyiciro cy kabiri hamwe n’undi umwe aza mu cya gatatu ( divion 3) . Iyi mibare
uyigereranije usanga ari ijanishga riri ku rwego rwo hejuru kuburyo tutabura
wemez ko btsize kurusha abakoze bataha iwabo.
Mu
bana batanu bakoze ikizamini gisoza icyiciro rusange, umwe yaje mu cyiciro cya
mbere; babiri mu cya kabiri na ho abandi babiri baza mu cya kane.
Nk’uko
bitangzwa n’ubuyobozi bw’urwego rw’ rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa
(RCS), abatsinze ikizamini gisoza amashuri abanza bazakomereza mu mashuri
y’icyiciro rusange muri gereza na ho abarangije icyiciro rusange bazakomereza
mu ishami ry’amashuri yisumbuye y’imyuga na ryo riri muri gereza.
Kubona amahirwe yo gukomeza amasomo umuntu
afunze, ni ibintu udapfa gusanga ahantu henshii kuko mu bihugu byinshi umuntu
ufunze aba yarambuwe uburenganzira bwose.
No comments:
Post a Comment