Magufuri yahakaniye abayoboke b’ishyaka rye bamusabaga gutinda ku butegetsi abinyujije mu guhindura itegeko rigena umubare w’imyaka ya manda imwe.
Abayoboke b’ishyaka
perezida Magufuri akomokamo rya CCM ( Chama Cha Mapinduzi) , bamusabaga ko
yashyigikira umushinga bari batangije wo kongera imyaka ya manda ya perezida wa
repubulika muri tanzaniya ikava ku myaka itanu (5) , igashyirwa kuri irindwi (7)
Mu nama yateranye y’ishyaka rya CCM kuri uyu wa gatandatu kuwa , abanyamuryango b’iryoshaka batangarijwe ko
impinduka nk’izo zidashoboka kubaho mu gihe cyose maghufuri akiri perezida wa
repubulika , kandi ngo kuba bagira impinduka bakora ku itegeko nshinga ry’igihugu
binyuranije n’amahame y’ishyaka cya CCM.
Magufuri yatorewe
kuyobora Tanzaniya mu mwaka wa 2015, kaba
afite ubushobozi bwo kuyobora imyaka 10 , mu gihe yba atorewe indi manda
. bamwe mu banyamuryango ba CCM bakaba barifuza ko yazamara imyaka 14, aho kuba
10 mu gihe yb yongeye gutorwa.
No comments:
Post a Comment