Magufuri yahakaniye abamusaba kwiyongerera imyaka 4 ku butegetsi. - Isoko

Isoko

Ads Here

Sunday, January 14, 2018

Magufuri yahakaniye abamusaba kwiyongerera imyaka 4 ku butegetsi.





Magufuri  yahakaniye abayoboke b’ishyaka rye bamusabaga gutinda ku butegetsi abinyujije    mu guhindura itegeko rigena umubare w’imyaka ya manda imwe.

Abayoboke b’ishyaka perezida Magufuri akomokamo rya CCM ( Chama Cha Mapinduzi) , bamusabaga ko yashyigikira umushinga bari batangije wo kongera imyaka ya manda ya perezida wa repubulika muri tanzaniya ikava ku myaka  itanu (5) , igashyirwa kuri  irindwi (7)

 Mu nama yateranye y’ishyaka  rya CCM kuri uyu wa gatandatu kuwa ,   abanyamuryango b’iryoshaka batangarijwe ko impinduka nk’izo zidashoboka kubaho mu gihe cyose maghufuri akiri perezida wa repubulika , kandi ngo kuba bagira impinduka bakora ku itegeko nshinga ry’igihugu binyuranije n’amahame y’ishyaka cya CCM.
Magufuri yatorewe kuyobora Tanzaniya mu mwaka wa 2015, kaba  afite ubushobozi bwo kuyobora imyaka 10 , mu gihe yba atorewe indi manda . bamwe mu banyamuryango ba CCM bakaba barifuza ko yazamara imyaka 14, aho kuba 10 mu gihe yb yongeye gutorwa.


Tanzaniya ni kimwe mu bihugu bike byo muri Afurika , bushimirwa kugira demokarasi kuko  ifite amategeko adahindagurika cyane kandi abayobozi  bagasimburana kuri gahunda bitewe n’ibiba byavuye mu matora.

No comments:

Post a Comment